Ni mu masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa 11 Werurwe hagati y’ibigo bya Workforce Development Authority (WDA) n’Urwego rw’igihugu rushinzwe infungwa n’abagororwa, ajyanye no guha amasomo y’ubumenyingiro abafungiye muri gereza z’u Rwanda babyifuza. Gen Paul Rwarakabije yatangaje ko iki ari igikorwa gikomeye cyane ku buzima bw’umugororwa yaba afunze cyangwa arekuwe kuko ubu bumenyi buzabafasha mu […]Irambuye