U Rwanda rwemeye kwakira inama ya 27 y’inteko y’abahanga muri science ku isi izaba kuva tariki ya 12-17 Ugushyingo, iyi nama iba buri mwaka bizaba ari inshuro ya kane ibereye muri Africa yo munsi y’ubutayu bwa Sahara nyuma ya Nigeria (1995), Senegal(1999) na South Africa(2009). Perezida Paul Kagame yemereye perezida wa TWAS (The World Science […]Irambuye