Tags : Tugireyezu Venancie

Haracyari byinshi byo gukorwa ngo ibikorerwa mu Rwanda bihabwe agaciro

*Umwiherero w’abayobozi wemeje ko ibikorerwa mu Rwanda bigomba guhabwa agaciro, *Imyumvire y’Abanyarwanda ku gukunda iby’iwabo ngo iri hasi, *Guca caguwa nta we bizatuma atakaza akazi, bazacuruza imyenda ikorerwa mu Rwanda, *Inganda zizakomeza kugabanyirizwa ibiciro by’amashanyarazi. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku myanzuro 14 yafatiwe mu Mwiherero wa 13 w’Abayobozi bakuru b’igihugu, Minisitiri Francois Kanimba yabajijwe byinshi mu […]Irambuye

en_USEnglish