Tags : Ter

USA: Abantu 50 bishwe barasiwe muri Night Club

Abantu 50 ni bo bamaze kumenyekana ko biciwe mu gitero cy’ubwiyahuzi ku wa gatandatu, mu rubyiniro rw’ahitwa Orlando, muri Leta ya Florida, ubu hashyizweho ibihe bidasanzwe n’umuyobozi w’Umujyi, Buddy Dyer has. Iyi nzu y’imyidagaduro ngo yakundaga kujyamo abakundana bahuje ibitsina. Umugabo warashe abantu barimo babyina, amazina ye yamenyekanye, akaba yitwa Omar Mateen ni umunyamerika ukomoka […]Irambuye

en_USEnglish