Kuri uyu wa gatanu, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere “RDB”, kinafite mu nshingano ubukerarugendo, cyatangije ubukangurambaga cyise “Tembera u Rwanda” bugamije gukangurira Abanyarwanda gutembera igihugu cyabo. Mu bisanzwe, Abanyarwanda banengwa kutitabira gusura ibice nyaburanga by’igihugu cyabo, ugasanga babyiga mu bitabo gusa kandi bitagoye kubisura. RDB ivuga ko n’ubwo nta barurwa rirakorwa, ubukerarugendo bushingiye ku ‘Iyobokamana’, […]Irambuye