Tags : Suisse Contact

Minisitiri w’Uburezi yanenze abavuga ko imyuga yigwa n’abananiranye

Karongi – Minisitiri w’Uburezi, Dr Papias Malimba Musafiri mu ruzinduko ari kugirira mu Ntara y’Iburengerazuba, ku munsi  w’ejo tariki 30 Gicurasi yafunguye ku mugaragaro amashuri atanu y’imyuga  yubatswe n’umushinga w’AbaSuisse witwa ‘Suisse Contact’ asaba ko aya mashuli atafatwa nk’aho yigwamo n’ababuze  uko bagira cyangwa abananiranye, bihinduka kuko ngo uwize umwuga ataburara. Umwe mu banyeshuli biga […]Irambuye

en_USEnglish