Tags : Sterling Magnell

15 bazakina ‘Tour du Rwanda’ berekanywe banahabwa amagare bemerewe na

Musanze –  Kuri uyu wa kane abakinnyi bagize amakipe atatu y’u Rwanda bazahatana muri  “Tour Du Rwanda” bamuritswe kandi bahabwa amagare mashya bazakoresha muri iri rushanwa. Aya ni amagare kandi bemerewe na Perezida Paul Kagame. Uyu muhango watangijwe n’umunota wo kwibuka umusore Yves Kabera Iryamukuru uherutse kwitaba Imana mu irushanwa rya Rwanda Cycling Cup mu […]Irambuye

en_USEnglish