Tags : Stephen Rwamurangwa

Igihe kirageze ngo duhane ababyeyi bata inshingano zabo – Min.

Minisitiri Oda Gasinzigwa w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango mu murenge wa Nduba muri Gasabo ahizihirijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore ku rwego rw’igihugu yatanze ubutumwa ku babyeyi bata inshingano zabo ko habayeho igihe cyo gufasha no guhendahenda ariko ubu igihe kigeze ngo batangire guhana ababyeyi bata inshingano zabo. Minisitiri yagarukaga ku bibazo byugarije umuryango nyarwanda birimo abana batwara inda […]Irambuye

en_USEnglish