Tags : #Rwanda RAB banki ntiziraha icyizere abakora umwuga w’ubuhinzi

Ndayisaba avuga ko Abapadiri bahamijwe Jenoside bakwiye kwamburwa iyi ‘Title’

*Abanyamadini basaba abiciwe gutanga imbabazi no kubatazibasabye kuko byomora ibikomere *Abanyamadini biyemeje kuvana Abanyarwanda n’abatuye isi ku banyamadini bagize uruhare muri Jenoside. *Abanyamadini bumvikanye ‘Kuvana urujujo mu banyarwanda ku bayobozi n’amatorero n’amadini bagaragaweho icyaha cya Jenoside’   Mu nama nyunguranabitekerezo kuri gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yahuje abayobozi b’abamadini n’amatorero na Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi […]Irambuye

Abahinzi ntibaragirirwa icyizere n’amabanki mu kubaha inguzanyo

Abahinzi n’aborozi akenshi bakunze kugira ikibazo cyo kubona inguzanyo muri banki kugira ngo bashobore guteza imbere umwuga bakora mu rwego rwo guharanira kwigira. Amabanki atandukanye kugeza n’ubu icyezere afitiye abahinzi n’abarozi kiracyari hasi cyane nk’uko byavugiwe mu nama yahuzaga abantu batandukanye bakorana n’abahinzi n’aborozi umunsi ku munsi kuri uyu wa 20 Gashyantare 2015 i Kigali. […]Irambuye

en_USEnglish