Tags : #Rwanda Military Hospital

Abivuza Malaria mu Bitaro bya Gisirikare bariyongereye cyane

Kuwa gatanu tariki 22 Mata i Kigali hazabera inama yateguwe n’Ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe (RMH), igamije kureba impamvu Malaria yiyongera mu gihugu, bityo banashake umuti uhamye wo kurandura iyi ndwara. Ibitaro bya Gisirikare biaratanga ko mu mezi abiri abanza ya 2016 umubare w’abivuza Malaria waruse abakiriwe n’ibi bitaro mu mwaka wose wa 2014. Iyi […]Irambuye

en_USEnglish