Mu igereranya ritora rimaze amezi atatu rikorwa k’Umuseke, abatora benshi bagaragaje ko Ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka bitanga serivisi nziza ku kigero cya 88% by’abatoye. Ibigo bya RURA na REB biracyafite ibyo kunoza ngo abatora bishimire serivisi zabo. Ubu ni ubushakashatsi buto Umuseke ukora mu bawusura hagamijwe kwerekana uko Abanyarwanda bakira serivisi bahabwa. Abantu bagera ku […]Irambuye