Tags : Rugazi

Ruyenzi: Mu gihe cy’imyaka 8 igiciro cy’ubutaka kikubye inshuro hagati

*Ruyenzi abenshi bahajya kuko hegereye Kigali, *Hari abahatuye babyaje umusaruro iterambere ryazanywe n’abimukiira Ruyenzi ni agace kari hakurya y’umugezi wa Nyabarongo ugabanya akarere ka Kamonyi n’Umujyi wa Kigali, abahatuye bavuga ko iterambere ryazanywe n’abimukiira ryatumye ubutaka buhenda cyane kugera aho igiciro cyikubye inshuro 60 ni ukuvuga 6 000% kugera ku 120 mu gihe cy’imyaka umunani […]Irambuye

en_USEnglish