Tags : RRP Plus

Ngoma: Urubyiruko rugira isoni zo kugura agakingirizo, ‘rugakorera aho’

*Urubyiruko rutinya gusanga abantu mu iduka “ndetse ngo hari igihe haba harimo umubyeyi we”, *Gutinya gusekwa bituma biyambaza abakuze bakabatuma agakingirizo, *Isoni zabo zituma bamwe ‘bashoka kizimbabwe’ (gukora imibonano idakingiye). Mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda hari bamwe mu rubyiruko bagiterwa ipfunwe no kujya mu iduka kugura agakingirizo, bigatuma bishora mu mibonano mpuzabitsina […]Irambuye

en_USEnglish