Tags : Petit Seminaire Ndera

Dr Biruta yabwiye abaseminari b’i Ndera ko kwibuka ari ukureba

Gasabo – Mu muhango wo kwibuka abanyeshuri n’abarezi bazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bigaga muri Seminari Nto ya Ndera kuri uyu wa 30 Gicurasi 2015 abanyeshuri basobanuriwe ibyabaye mu Rwanda kuko abahiga ubu baribataravuka. Babwiwe na Minisitiri Dr Vincent Biruta ko kwibuka binagamije kwereka urubyiruko aho rukwiye kwerekeza igihugu. Abenshi mu banyeshuri biga muri […]Irambuye

en_USEnglish