Tags : Paul Ndagijimana

Muhanga: Umukandida yemereye abaturage ko azabaha Pariki y’igihugu

Paul Ndagijimana umwe mu bakandida barindwi bari kwiyamamariza kujya muri Njyanama y’Akarere kuri uyu kabiri yabwiye abaturage bo mu kagari ka Gifumba Umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga ko nibamutora azabaha pariki y’igihugu. Iyo Pariki ngo akayishyira ku misozi ya Kanyarira na Kizabonwa, imisozi abakristo bakunze gukoreraho amasengesho. Kuwa 22 Gashyantare nibwo mu mirenge […]Irambuye

en_USEnglish