Tags : NYC Rwanda

i Kigali : Ubuzima bw’urubyiruko rutunzwe no kujya aho bita

Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Remera mu kagali ka Nyarutarama urubyiruko rubeshejweho n’ahantu bita “KU NDEGE” cyangwa se “ISETA Y’ABASHOMERI”. Uru rubyiruko rufite hagati y’imyaka 15 kuzamuka aho buri gitondo bishyira mu matsinda bategereje indege iza kubagurukana (ubaha akazi).   Ku ndege ni hafi y’aho bita kuri “Bannyahe” aho urubyiruko rumaze kuhabyaza umusaruro. […]Irambuye

Ngoma: Urubyiruko rwa AERG na GAERG rwitangiye gufasha abamugariye ku

Binyuze muri gahunda  ya AERG-GAERG WEEK yo gufasha abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batishoboye ndetse n’abamugariye ku rugamba, kuri uyu wa gatatu urubyiruko rwa AERG INATEK na GAERG bubakiye imiryango ibiri y’abamugariye ku rugamba. Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma muri iki gikorwa bwatangaje ko iyi ari gahunda nziza izanafasha Leta kugera ku ntego […]Irambuye

en_USEnglish