Tags : NRS

Urujijo rw’Abadepite ku ‘gushyiraho’ ikigo NRS rwavuyeho

Mu masaha y’ikigoroba kuri uyu wa gatatu, Inteko rusange y’Abadepite yatoye yemeza umushinga w’Itegeko rishyiraho ikigo cy’ingororamuco nyuma y’aho Komisiyo yigaga itegeko yemeye gukuramo ingingo ya gatatu no ku vugurura iya munani zari zateje impaka n’urujijo mu Badepite. Hon Depite Semahundo Amiel Ngabo Perezida wa Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage y’Inteko yize iri tegeko, ajyeza ku badepite […]Irambuye

en_USEnglish