Tags : Ndayisaba Francois Xavier

Muhanga: Ba ‘gitifu’ baregwa kunyereza ibya rubanda imbere y’ubutabera

Kuri uyu wa 16 Nyakanga 2015, Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga, rwasubitse urubanza  ruregwamo bagitifu babiri bo mu Karere ka Kamonyi bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta no gukoresha inyandiko mpimbano, hamwe n’abandi 26  bakurikiranyweho ubufatanyacyaha. Mazimpaka Egide wahoze ari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kayumbu, ariko akaba yarayoboraga umurenge wa Ngamba mbere, Kabanda Thomas, ushinzwe  VUP muri […]Irambuye

en_USEnglish