Tags : Ndahinduka Michel(Bugesera)

AMAFOTO y’umukino wa APR FC na Al Ahly mu Misiri

Nta gitunguranye, muri week end APR FC yatsindiwe mu Misiri 2 – 0 nyuma yo gutsindirwa mu Rwanda mu mukino ubanza nabwo 2 – 0. Umunyamakuru Reda Ghanem wo mu Misiri yabwiye Umuseke ko uyu mukino Al Ahly nabwo yagaragaje ko irusha byinshi APR FC cyane mu marushanwa nk’aya y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa. […]Irambuye

en_USEnglish