Tags : Musabyemariya Veneranda

Muzuka atanga ububasha, ati “twari tugeze aho kwihuta cyane”

Nyuma yo kweguzwa hamwe n’abari bamwungirije, Kayiranga Eugene Muzuka muri iki gitondo yahaye Veneranda Uwamariya ububasha bwo kuyobora Akarere ka Huye, amusaba gukomereza aho bari bageze. Yamuhaye igitabo kirimo imihigo y’Akarere ka Huye (kabaye aka gatatu mu ishize)  amubwira ko bari bageze ku gipimo kiza bayesa, amusaba ko batazasubira inyuma. Muzuka ati “twari tugeze mu […]Irambuye

en_USEnglish