Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatanu Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko lisiti y’agateganyo y’abakandida baziyamamaza mu matora y’inzego z’ibanze, izamenyekana hagati ya tariki 18-20/1/2016, lisiti y’itora ntakuka ikazamenyekana ku itariki ya 4/2/2016. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu y’amatora, Munyaneza Charles yavuze ko gahunda yo kwakira abakandida bifuza kujya mu nama njyanama z’uturere byatangiye ku […]Irambuye