Kuri uyu wa kabiri tariki 03 Gicurasi 2016 ubwo hamurikwaga Rwanda’s Youth in Agribusiness Forum (RYAF), Ihuriro ry’urubyiruko rukora ubuhinzi, Minisitiri w’Urubyiruko n’ikoranabuhanga yavuze ko ubuhinzi bukwiye gukoreshwa neza kugira ngo bufashe u Rwanda kuzagera ku mirimo ibihumbi 200 rwihaye kujya ruhanga buri mwaka. Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana ati “Igihe habayeho gukoresha ikoranabuhanga, […]Irambuye