Tags : Minisitiri Nsengimana Jean Philbert

Ku murimo umwe w’ubuhinzi ukozwe neza habonekaho imirimo itanu iwuririyeho

Kuri uyu wa kabiri tariki 03 Gicurasi 2016 ubwo hamurikwaga Rwanda’s Youth in Agribusiness Forum (RYAF), Ihuriro ry’urubyiruko rukora ubuhinzi, Minisitiri w’Urubyiruko n’ikoranabuhanga yavuze ko ubuhinzi bukwiye  gukoreshwa neza kugira ngo bufashe u Rwanda kuzagera ku mirimo ibihumbi 200 rwihaye kujya ruhanga buri mwaka. Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana ati “Igihe habayeho gukoresha ikoranabuhanga, […]Irambuye

en_USEnglish