Amakuru y’urupfu rwa Makuza Bertin, umwe mu baherwe u Rwanda rwari rufite, yamenyekanye mu gicuku cyo ku wa gatatu tariki 2 Ugushyingo 2016, ubwo ngo yari mu modoka ajya ku kazi agatangira kumererwa nabi, akajyanwa kwa muganga mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal ari naho yaguye, bivugwa ko yazize indwara ya ‘stroke’ ibafa ubwonko. Makuza Belletin […]Irambuye