Tags : MAJ

Kigali: Abakozi ba MAJ bashyiriweho uburyo bwo kwakira ibirego by’abaturage

*Ikoranabuhanga bwa mbere rizafasha abakozi ba MAJ kubona umwirondoro w’abaturage, *Igice cya Kabiri kirimo imiterere y’ikirego n’igihe kizamara mu rukiko. Ubu buryo bushya bw’ikoranabuhanga bwateguwe n’umuryango ushinzwe uburenganzira bwa muntu ukorera mu bihugu by’ibiyaga bigari ukaba ufite icyicaro mu Rwanda bwitwa ‘Integrated Electronic Case Management’, n’ubundi bwitwa ‘Information Management System’, bwombi bugamije guha abaturage serivisi […]Irambuye

en_USEnglish