Tags : Lee Johnson

“Directeur Technique” muri FERWAFA yasezeye

Umwongereza Lee Johnson wari umuyobozi ushinzwe Tekinike mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yasezeye ku mirimo ye nk’uko bitangazwa na FERWAFA, akaba avuga ko yagiye kuko yabonye akazi gashya mu Buhinde. Uyu mugabo yari muri aka kazi kuva mu kwezi kwa karindwi umwaka ushize yatangaje mu ibaruwa isezera yanditse ko yahisemo ‘kwemera akazi ko kuba […]Irambuye

Lee Johnson, umusimbura wa Tardy yerekanywe ku mugaragaro

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Umuseke watangaje ko Lee Johnson ari mu biganiro na FERWAFA ngo asimbure Richard Tardy wari ‘directeur tecnique’ w’umupira w’amaguru mu Rwanda, kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Nyakanga 2014 nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryerekanye ku mugaragaro uyu Lee Johnson wahawe uriya mwanya. Yerekana ku mugaragaro umuyobozi mushya […]Irambuye

Ushaka gusimbura Richard Tardy yahoze muri Chelsea FC

FERWAFA iri mu biganiro na Lee Johnson ushobora kuba agiye gusimbura Richard Tardy ku mwanya w’umuyobozi wa Tekiniki w’umupira w’amaguru mu Rwanda. Tardy uyu aherutse gusoza amasezerano ye ntiyongerwa, aritahira. Bonnie Mugabe umuvugizi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye Umuseke ko koko FERWAFA iri kuvugana na Lee Johnson kuri uriya mwanya kandi ibiganiro biri kugenda […]Irambuye

en_USEnglish