Tags : Kundwa Doriane

‘Happy Generation,’ abishimiye Kagame baramusaba kwemera manda ya 3

Ihuriro ry’Urubyiruko n’abandi bose bishimiye ubuyobozi bwa Perezida Paul Kagame,’Happy Generation’ nyuma yo guhurira mu muganda udasanzwe wo gusukura mu gishanga cya Nyabugogo kuri yu wa gatandatu, basabye Perezida Kagame kwemera kuziyamamariza manda ya gatatu nyuma ya 2017. Uyu muganda wahuje urubyiruko n’abandi bantu batandukanye bagera ku 150, harimo abahanzi bo mu itsinda rya ‘Active […]Irambuye

Miss Rwanda na ‘Rwanda Inspiration Back Up’ hari ibyo batumvikanaho

Dieudonné Kagame umuyobozi wa Rwanda Inspiration Back Up yateguye igikorwa cya Miss Rwanda 2015, yemeza ko aribo bafite Miss Rwanda watowe Kundwa Doriane mu nshingano (Management).Uyu ariko we arabihakana akavuga ko afite ‘Manager’ mushya. Dieudonné Kagame uzwi cyane nka Prince Kid avuga ko ‘Rwanda Inspiration Back Up’ ariyo yagombaga gukora ‘Management’ ya Miss Rwanda watowe […]Irambuye

en_USEnglish