Tags : KU KIRENGE

Abanyarwanda bari bazi Imana uwo batari bazi ni Yezu na

*Arasobanura Kubandwa nk’isengesho ry’umuryango ryabaga buri mwaka, ngo byari bifitanye isano no kwemera k’ubu. *Umugore nbo ni nk’ingoma,  aho atimye ntahaba. Arabisobanura *Gusigasira ibya kera ni byiza ku bato kuko batabimenye byazageraho kubibabwira bikaba nko guca umugani. Yakobo Nsabimana w’imyaka 77 wo mu murenge wa Bushoki mu kagari ka Gasiza mu mudugudu wa Gitwa, ku munsi mpuzamahanga […]Irambuye

en_USEnglish