Tags : Kinoni

Burera: Inanda n’Urusimba bibangamiye abahinzi b’ibirayi

*Inanda (abahinzi bayita inandi) ngo ifitanye isano n’imihindagurikire y’ibihe, *Muri Burera nta bundi buryo bayirwanya uretse gushakisha mu butaka aho yariye ikirayi, *Barasaba ko imbuto yajya ibagereraho igihe kuko basigaye bahinga batanguranwa n’imvura. Imihindagurikire y’ikirere izana ibyayo, abatuye Burera bemeza ko mbere batajyaga bahura n’ikibazo mu buhinzi, haba ubushyuhe cyangwa izindi ndwara zifata ibihingwa, ubu […]Irambuye

en_USEnglish