Ubuyobozi bw’Intara y’U Burasirazuba burasaba inzego z’ubuyobozi zose mu karere ka Ngoma kwita ku mutekano hirindwa icyo ari cyo cyose cyahungabanya umutekano w’abaturage by’umwihariko kumenya ko abanyamahanga bari mu mudugudu wose mu buryo butazwi kubamenya no kumenya ko bujuje ibyangombwa. Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje umuyobozi w’Intara y’U Burasirazuba n’inzego zose z’akarere ka Ngoma uhereye ku […]Irambuye