Tags : JMV Rudasingwa

BREAKING: Djihad Bizimana amaze gusinya muri APR FC

Updates (12h30 PM): Ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa gatanu Djihad Bizimana agaragaye asohoka mu bunyamabanga bw’ikipe ya APR FC. Amakuru amwe aravuga ko yaba amaze gusinya muri iyi kipe y’ingabo. Nyuma gato amakuru yageze k’Umuseke ni uko uyu mukinnyi ukomoka I Rubavu yari amaze gusinya amasezerano yo gukinira APR FC. Kugeza ubu ubuyobozi […]Irambuye

en_USEnglish