Tags : Inkambi ya Mahama

Abarundi bakomeje guhungira mu Rwanda, abandi 95 baraye bakiriwe

Minisiteri y’imicungire y’biza n’ibirebana n’impunzi, MIDIMAR, ivuga ko kuri uyu wa mbere tariki 29 Gashyantare mu Rwanda hakiriwe impunzi nshya z’Abarundi 95. Izi zahise zituma imibare yose hamwe y’impunzi z’Abarundi zibaruwe ku butaka bw’u Rwanda igera ku 76 889. MIDIMAR yatangaje ko izi mpunzi zakiriwe kuri uyu wa mbere izigera kuri 90 zakiriwe mu murenge […]Irambuye

Mahama: Police mu nkambi ihanganye no gutandukana kw’abashakanye

Kirehe – Mu nkambi ya Mahama, icumbikiye ubu impunzi z’abarundi zigera ku 37 000, hamaze igihe havugwa ibibazo by’abashakanye bari gutandukana cyane aho mu nkambi. Iki kibazo ariko ubu ngo kiri koroha nyuma y’aho Police y’u Rwanda ihawe uburenganzira bwo gukorera muri iyi nkambi. Havugwa ikibazo cy’abagabo bata abagore babo bakisangira abandi bagore cyangwa bakarongora […]Irambuye

en_USEnglish