Emeritha Mutuyemariya, Umunyamabanga Mukuru wa Komisiyo y’Ubureganzira bwa muntu, avuga ko nubwo uburenganzira bwa muntu butarubahirizwa neza, ngo u Rwanda hari intambwe rwateye mu burenganzira bwa muntu ku bagore, abana n’abafite ubumuga nk’ibyiciro byitabwaho cyane. Mu mahugurwa iyi Komisiyo irimo guha abanyamakuru mu bijyanye n’Uburenganzira bwa muntu, bavuga ko bukwiye kubahirizwa mu byiciro byose by’umuryango nyarwanda. […]Irambuye