Tags : Hon Mukayisenga

Hon Mukayisenga yesezeweho bwa nyuma ngo yakundaga Imana, akubahiriza igihe

Mukayisenga Francoise witabye Imana ku cyumweru tariki 11 Kamena yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango we n’Abayobozi bakuru b’igihugu ndetse n’abo bakoranaga mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda. Umurambo wa nyakwigendera watangiye gusezerwa saa tatu n’igice za mu gitondo, mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda, nyuma umurambo ujyanwa ku rusengero rwa ADEPR Kacyiru ahabereye amasengesho yo kumusezeraho. […]Irambuye

en_USEnglish