Tags : Handicap International

Rusizi: Guheza no gutoteza abafite ubumuga biracyariho

Masikini Theodore ufite ubumuga, yemeza ko abafite ubumuga bahura n’ihohoterwa ahantu hatandukanye, haba mu isoko, kwa muganga cyangwa ku ishuri. Ubwe yemeza ko ahura kenshi n’iki kibazo. Agira ati: “Iyo tugiye hirya no hino mu turere twacu haba mu isoko, kwa muganga cyangwa ku ishuri birahaba.” Avuga ko umuntu ufite ubumuga iyo agiye kwiga usanga […]Irambuye

Greece: Ubuzima bubabaje bw’Umunyarwanda wagiye gushakira amaramuko i Burayi

*Avuga ko se ari Umunyarwanda naho nyina akaba akomoka muri Senegal *Yari afite udufaranga duke, adutanga ajya i Burayi yafataga nka Paradizo *Mu Bugiriki yagiye yahahuriye n’ibibazo bikomeye bamuca amaguru n’urutoki *Yabayeho mu buzima bubi burenze ubwo yarimo muri Africa *Akeneye insimburangingo zamufasha kugira ngo atangire ubuzima bushya bwo kwirwanaho Joseph Mbeky, uyu Munyarwanda ufite […]Irambuye

en_USEnglish