Tags : Forest Day

U Rwanda ruzatera ibiti miliyoni 30 mu gihembwe cyahariwe amashyamba

Mu gihe hizihizwa isabukuru y’amashyamba ku nshuro ya 40 n’igihembwe cyo gutera amashyamba, mu Rwanda haraterwa miliyoni 30 zisaga z’ibiti by’amashyamba n’ibivangwa n’imyaka. Umunsi wahariwe kuzirikana ku kamaro k’igiti ku Isi uhuzwa no gutangira igihembwe cyo gutera amashyamba mu Rwanda, icyo gihe imbaga y’Abanyarwanda b’ingeri zose bagahuriza hamwe imbaraga muri icyo gikorwa hanakorwa ubukangurambaga bwo […]Irambuye

en_USEnglish