Tags : Fatima Singhateh

Min. Busingye yakiriye mugenzi we wa Gambia

Nyuma yo kwakira no kuganira na mugenzi we w’ubutabera muri Gambia kuri uyu wa kabiri, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Minisitiri Johnston Busingye yavuze ko nubwo muri Africa y’uburengerazuba hari ibihugu bimwe bigicumbikiye bamwe mu bakekwaho Jenoside ariko kugeza ubu nta numwe muri bene aba uraboneka muri Gambia. Nyuma y’ibiganiro by’aba bayobozi Min Busingye yabajijwe niba […]Irambuye

en_USEnglish