Tags : EUROZone

Italy: Minisitiri w’Intebe yeguye abaturage banze ibyo guhindura Itegeko Nshinga

Minisitiri w’Intebe w’U Butaliyani, Matteo Renzi yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa bikomeye mu matora ya referendumu igamije kugera ku mugambi we wo guhindura Itegeko Nshinga. Mu makuru ya nijoro, Renzi yavuze ko yafashe icyo cyemezo kubera ibyavuye mu matora. Muri rusange abatoye bahakana referendumu bagize 60% kuri 40% yabashakaga ko referendumu yemerwa bagatora […]Irambuye

en_USEnglish