Tags : #EuropeanDevelopmentDays

Perezida Kagame ari mu bazitabira inama yiga ku Iterambere mu

Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Perezida mu Rwanda, riravuga ko Perezida Paul Kagame ari mu Bubiligi aho azitabira Inama ya 12 Ngarukamwaka Nyaburayi ku Iterambere izwi nka ‘European Development Days’ izaba tariki ya 5 – 6 Kamena 2018. Inama y’uyu mwaka iribanda ku kamaro k’abari n’abategarugori mu kugera ku ntego z’iterambere rirambye (SDGs), cyane cyane bahabwa […]Irambuye

en_USEnglish