Enoch Ruhigira wahoze ari umuyobozi w’ibiro bya Perezida Juvenal Habyarimana yatawe muri yombi kuwa gatatu w’icyumweru gishize i Frankfurt mu Budage nk’uko byemezwa n’umwanditsi ku bya Africa (Africa editor) mu kinyamakuru TAZ cyo mu Budage. Uyu mwanditsi witwa Dominic Johnson avuga ko uwafashwe ari umugabo w’imyaka 65 ufite ubwenegihugu bwa Nouvelle Zelland ariko ukomoka mu […]Irambuye