Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Mutarama, Miniteri y’Uburezi n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB) batangaje inota fatizo ryagendeweho mu gutuma abana bajya mu mashuri yisumbuye no gukomeza mu mwaka wa kane. Nubwo abana b’abakobwa bafatiwe ku inota ryo hasi ugereranyije na basaza babo umubare w’abakobwa batsinze uri hasi ugereranyije n’uw’abahungu batsinze […]Irambuye