Tags : Emmanuel Bugingo

Hasigaye amezi 2 ngo CHAN itangire ariko Stade Huye iri

*Isakaro rya stade Huye rirakemangwa *Abubatsi ntibazi niba abicaye ahatwikiriye batazanyagirwa kuko ngo imvura itaragwa *Stade Umugana yuzuye i Rubavu iki kibazo cyaragaragaye kuko ahatwikiriye baranyagirwa *Ngo hari ikizere ko mu mezi abiri asigaye imirimo igeze kuri 85% izaba irangiye Kuri uyu wa kane, itsinda rishinzwe gutegura igikombe cy’Afrika gihuza abakinnyi bakina imbere mu gihugu […]Irambuye

Umushahara w’umutoza mushya w’Amavubi wateje impaka

Mu kiganiro n’abanyamakuru mu muhango wo kumurika umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Stephen wasinye amasezerano y’imyaka ibiri kuri uyu wa 21 Gicurasi, abanyamakuru bifuje kubwirwa umushahara uyu mwongereza azajya ahabwa umuyobozi muri Ministeri ababwira ko bidashoboka uretse nyirawo awivugiye. Stephen Constantine we yavuze ko aje kubakira u Rwanda ikipe nziza izakina amarushanwa ya CHAN 2016. Uyu […]Irambuye

en_USEnglish