Tags : El Nihno

Igenzura twakoze twasanze ingo 47 000 zifite ikibazo cy’ibiribwa –

*Mu Rwanda ngo nta nzara ihari ahubwo hari amapfa, ibi byateje impaka hagati ya Minisitiri n’abanyamakuru, *Minisitiri Mukeshimana Geraldine yavuze ko abajya Uganda bababa bagiye gushaka akazi, *MINAGRI irakora ibishoboka ngo ifashe abaturage binyuze mu kigega cya Leta, ariko igasaba abaturage gushoka ibishanga bagahinga, *Umuti urambye ku kibazo cy’inzara ngo ni uguteza imbere ibijyanye no […]Irambuye

en_USEnglish