Tags : Eduardo dos Santos

Angola: dos Santos umaze imyaka 35 ku butegetsi ngo azarekura

Perezida wa Angola Jose Eduardo dos Santos wa kabiri umaze igihe kirekire ku butegetsi muri Afrika, yatangaje ko mu 2018 azatanga ubuyobozi. Icyo gihe azaba yujuje imyaka 39 ayobora igihugu kuko yagiye ku butegetsi mu 1979. Ibi yabitangarije muri kongere y’ishyaka riri kubutegetsi rya MPLA. Yagize ati: “Nafashe umwanzuro wo kuzarekura ubutegetsi, nkarangiza ibikorwa byanjye […]Irambuye

en_USEnglish