Tags : EAR

Kigali: Abajura bateye ku kicaro cy’Abangilikani biba za Laptop n’amafaranga

Muri week end ishize abajura bateye inzu ikoreramo ubuyobozi bw’itorero ry’Abanglican mu Rwanda bahiba ibikoresho birimwo laptop eshatu za flash disk ndetse n’amafaranga arenga ibihumbimagana atatu. Abakozi ba hano bavuga ko ubu bujura ngo basanga bwarakozwe n’abantu bahazi uko ngo urebye aho binjiriye ndetse n’ibyo yibye n’aho yabivanye bigaragaza ko ari umuntu wari uhazi. Abajura/umujura […]Irambuye

en_USEnglish