Tags : Dr Musafiri

“Mwibuke twese turangiza kwiga ubukene twari dufite…” Hon Mudidi

Hon Depite Emmanuel Mudidi, wabaye Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda mu bihe byashize, ntashyigikiye ko umunyeshuri uzagurizwa amafaranga yo kwiga yazahita atangira kwishyura inguzanyo yahawe akibona akazi ngo kuko umuntu arangiza akennye kandi afite byinshi byo gukemura, abihuriyeho na bamwe mu badepite, ariko Komisiyo y’Uburezi isanga ari amaranga mutima atakwiye gushingirwaho. Umushinga w’Itegeko rigenga itangwa ry’inguzanyo […]Irambuye

Inyungu kuri Bourse ni hafi 18% aho kuba 11% benshi

Mu mushinga w’itegeko rigenga itangwa ry’inguzanyo ‘Bourse’ ku banyeshuri ba Kaminuza mu Rwanda, hateganyijwemo ko umunyeshuri wagurijwe azishyura inyungu ya banki ingana na 17,5%, bamwe mu badepite babona inyungu izaba iri hejuru, Minisitiri w’Uburezi we akavuga ko inyungu itajya munsi kuko ari iyo bita ‘Simple interest’. Uyu mushinga w’itegeko wagejejwe imbere y’inteko rusange ku wa […]Irambuye

en_USEnglish