Tags : DOT Rwanda

DOT Rwanda yasuye umukecuru w’incike w’imyaka 80 wiciwe abana 8

Gasabo – Abakozi b’Umuryango mpuzamahanga utegamiye kuri Leta DOT Rwanda kuri uyu wa mbere basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bavuyeyo bajya i Bumbogo gusura no kwifatanya n’umwe mu bakecuru b’incike za Jenoside mu rwego rwo kumukomeza, no gukomeza kwibuka bamagana abahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Umukecuru w’incike witwa Mariana abo muri DOT Rwanda basuye […]Irambuye

Ngoma: Urubyiruko rurakangurirwa kubyaza umusaruro amahirwe arukikije

Mu kiganiro cyahuje itsinda ry’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere “Rwanda Development Board (RDB)” n’urubyiruko rwo mu Karere ka Ngoma rw’ ingeri zitandukanye kuwa gatatu tariki 19 Werurwe, urubyiruko rwakanguriwe gukanguka rugakoresha amahirwe menshi arukikije rukiteza imbere. Iki kiganiro cyabereye ku kigo cy’Urubyiruko cya Ngoma, aho itsinda rigizwe n’abafatanyabikorwa ba RDB barimo abahagarariye DOT Rwanda, KEPLER, EDUCAT, INDIAFRICA […]Irambuye

en_USEnglish