Tags : Constitution amendment

Byari ngombwa gusubira mu baturage tukabaha raporo y’akazi badutumye –

Ngoma- Perezida wa Sena Bernard Makuza n’itsinda yari ayoboye basuye baje gukangurira Abanyarwanda gutora itegeko nshinga rivuguruye, Makuza yavuze nyuma y’uko Inteko Nshingamategeko yari imaze gukora akazi yasabwe n’abaturage, ivugurura iryo tegeko, byari ngombwa ko basubira kubwira abaturage ko basohojwe neza ubutumwa bahawe na bo. Muri gahunda y’Inteko ishinga amategeko imitwe yombi yaba, Sena n’Abadepite […]Irambuye

en_USEnglish