Tags : #Conflicts

Nta na rimwe intambara iba umuti w’ikibazo – Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis yasabye ibihugu by’ibihanganjye biri mu nama ya G20 ibera mu mujyi wa Hamburg, mu Budage ko nta na rimwe intamabara ijya ikemura ibibazo. Papa yasabye ko mu buryo bwihutirwa imvururu n’intambara muri Africa no mu Burasirazuba bwo Hagati zashakirwa umuti, avuga ko abantu miliyoni 30 babayeho mu gahinda n’imihangayiko […]Irambuye

en_USEnglish