Tags : Civel Society

Rwanda: Sositeye Civile ngo izafasha ko imyanzuro 50 y’uburenganzira bwa

Mu nama yahuje abagenerwabikorwa b’Ihuriro ry’imiryango itanga ubufasha mu by’amategeko (LAF)  kuri uyu wa Kabiri, sosiyete sivile yatangaje ko igiye guherekeza Leta y’u Rwanda mu ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro ngishwanama y’isuzuma rusange mpuzamahanga ngarukagihe (UPR) igera kuri 50 yemejwe gushyirwa mu bikorwa mu gihe cy’imyaka ine guhera mu mwaka wa 2015. Ihuriro ry’imiryango itanga ubufasha […]Irambuye

en_USEnglish