Tags : Citizen Report Crad 2016

Raporo turazikora ariko abantu ntibaraziha agaciro – Prof Shyaka

Mu kiganiro kirambuye Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ikigihugu cy’Imiyoborere Prof Shyaka Anastase yagiranye n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage, yavuze ko raporo nyinshi zikorwa n’inzego zitandukanye zikagaragaza ibibazo ariko abazikoreweho ntibabihe agaciro bitewe n’uko nta byemezo bizikurikira. Iki kiganiro kiri mu murongo Abasenateri bagize iyi Komisiyo bihaye mu rwego rwo gukemura […]Irambuye

en_USEnglish